Kandi nimuhagarara musenga hakaba hari umuntu wabagiriye nabi, MUMUBABARIRE kugira ngo So wo mu ijuru na we abababarire ibyaha byanyu. Ariko NIMUTABABARIRA abandi, So wo mu ijuru na we NTAZABABABARIRA ibyaha byanyu.’ ” (Mk 11:25-26)
Ese iki cyanditswe cyaba kiguteye ubwoba? Igisubizo cyawe niki.
Muri iki gitabo uzigamo kubabarira mu buryo bworoshye – kugirango nawe uzahabwe imbabazi na Data wo mu ijuru. Leka iki gitabo kikubere umuyobora kugeza ugeze kurwego rwo kubasha kubabarira byoroshye n’umutima wawe wose.
Kandi nimuhagarara musenga hakaba hari umuntu wabagiriye nabi, MUMUBABARIRE kugira ngo So wo mu ijuru na we abababarire ibyaha byanyu. Ariko NIMUTABABARIRA abandi, So wo mu ijuru na we NTAZABABABARIRA ibyaha byanyu.’ ” (Mk 11:25-26)
Ese iki cyanditswe cyaba kiguteye ubwoba? Igisubizo cyawe niki.
Muri iki gitabo uzigamo kubabarira mu buryo bworoshye – kugirango nawe uzahabwe imbabazi na Data wo mu ijuru. Leka iki gitabo kikubere umuyobora kugeza ugeze kurwego rwo kubasha kubabarira byoroshye n’umutima wawe wose.
Kubabarira Bitanga Amahoro
Kubabarira Bitanga Amahoro
Product Details
BN ID: | 2940163444847 |
---|---|
Publisher: | Dag Heward-Mills |
Publication date: | 01/16/2020 |
Sold by: | Smashwords |
Format: | eBook |
File size: | 826 KB |
Language: | Kinyarwanda |